Abantu benshi bakunze guhura n’urujijo rw’amateka y’umugore mu Rwanda, bityo bakanabura uwabaha amashirakinyoma y’amateka ye kuva mu ihangwa ryarwo kugeza magingo aya.
Home > Keywords > TURASHOBOYE > Imibereho
Imibereho
Articles
-
Nyirarucyaba: Imbanza mu bihangange by’abagore b’i Rwanda
8 March 2020, by IGIHE -
Umuhate udasanzwe w’abagore batwara abagenzi kuri moto mu Mujyi wa Kigali (Video)
8 March 2018, by Rabbi Malo UmucunguziUmurimo wo gutwara moto mu rwa Gasabo ni umwuga utunze benshi haba mu byaro no mu Mujyi wa Kigali, gusa uhagaze ku muhanda unyurwaho buri mwanya n’abawukora b’abagabo gusa, mu gihe mu ibarurishamibare ryakozwe rigaragaza ko abagore mu Rwanda nibura ari 52%.
-
Abagore bari mu ngabo zabohoye igihugu boroje Abanyarwanda inka z’asaga miliyoni 400Frw
14 March 2018, by Evariste NsengimanaNyuma y’urugamba rwo kubohora u Rwanda, abagore bari mu ngabo zarwitangiye bibumbiye mu Muryango witwa ‘Ndabaga’ bahanga uburyo burambye bwo gutanga umusanzu wabo mu iterambere ry’igihugu.
-
Urugendo rwa Umurerwa Evelyne, umaze imyaka isaga 17 asoma amakuru kuri Televiziyo Rwanda
19 March 2018, by Mukaneza M.AngeAbabyirutse mu myaka ya 2000 barabyibuka, aho buri wa Gatandatu mu masaha y’umugoroba buri wese yabaga yicaye imbere ya televiziyo, uwo iwabo batayitunze akajya kuyivumba, yanga gucikwa n’ikiganiro ‘Tele Détente’ cyacaga kuri Televiziyo Rwanda ari nayo yonyine yakoreraga mu gihugu.
-
Mukasarasi mu bagore b’Indashyikirwa 10 ku Isi bazahembwa na Amerika
22 March 2018, by Mathias HitimanaMukasarasi Godeliève washinze Umuryango wita ku bapfakazi n’imfubyi za Jenoside yakorewe Abatutsi witwa ‘SEVOTA’ ari ku rutonde rw’abagore b’indashyikirwa 10 bazashimirwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ku wa 23 Werurwe 2018.
-
Mukangamije wamaze imyaka 42 mu buforomo yagiriye inama abagore batwite n’ababyaza
19 March 2018, by Evariste NsengimanaMukangamije Venantie, umukecuru wamaze imyaka 42 muri 66 afite, mu buforomo n’ububyaza asanga ari umwuga wo gukorwa n’umuntu uwukunda by’umwihariko, kubyaza bigasaba ubwitange kugira ngo ubuzima bw’umwana n’umubyeyi busigasirwe.
-
Avega-Agahozo mu iterambere ry’umugore ihereye ku komora ibikomere by’abapfakazi ba Jenoside
4 April 2018, by Evariste NsengimanaUmuryango ubumbiye hamwe abapfakazi ba Jenoside yakorewe Abatutsi, Association des Veuves du Génocide - Agahozo (AVEGA Agahozo) wahuye n’inzira y’inzitane mu rugamba rwo kubafasha ihereye mu kubomora ibikomere kugera ku iterambere ryabo n’imiryango.
-
Muhanga: Telefoni ifatiye runini abahinzi b’abagore mu kongera umusaruro no kuwugeza ku isoko
16 March 2018, by Jean Pierre TuyisengeAbahinzi biganjemo abagore bakorera mu duce tw’icyaro tw’Akarere ka Muhanga, bavuga ko telefone ngendanwa ibafatiye runini muri gahunda yo kongera umusaruro no kubona aho bawugurisha.
-
Uruhare ntagereranywa rwa Imbuto Foundation mu guteza imbere abagore mu Rwanda
8 March 2018, by Cyprien NiyomwungeriUmugore ni inkingi ikomeye mu iterambere rirambye ry’umuryango, bityo iyo ahawe agaciro, uburenganzira bwe bukubahirizwa, ndetse akitabwaho uko bikwiye umusanzu we uba ntagereranywa mu kubaka igihugu.
-
Umusanzu wihariye wa Caritas Rwanda mu iterambere ry’abari n’abategarugori
21 March 2018, by Evariste NsengimanaMu ntego yayo yo guharanira ko habaho sosiyete yubahiriza agaciro ka muntu, ikumira ihezwa n’akarengane kuri buri wese, Caritas Rwanda nk’Umuryango wa Kiliziya Gatolika, inshingano zayo ntizigarukira ku gufasha abatishoboye gusa, kuko zinareba imfuruka zose z’ubuzima harimo no gushyigikira abagore bo nkingi mwikorezi y’iterambere ry’igihugu.
IGIHE