Guverinoma y’u Rwanda ibinyujije muri Banki itsura amajyambere y’u Rwanda, BRD, yaraye isinyanye amasezerano na Sosiyete yo muri Maroc, Palmeraie Development Group agamije kubaka inzu 5000 ziciriritse zo guturamo.
Home > Keywords > BRD_Page > BRD_homenews
BRD_homenews
Articles
-
Kigali: BRD n’Abanya-Maroc bagiye kubaka inzu 5000 zo guturamo
20 October 2016, by Uwishyaka Jean Louis -
BRD yagaragaje ko gutanga inguzanyo mu buhinzi bibumbatiye iterambere ry’ubukungu
5 August 2017, by Cyprien NiyomwungeriIntego z’icyerekezo 2020 na gahunda y’Imbaturabukungu (EDPRS II), zisobanura neza ko ubuhinzi n’ubworozi ari inkingi mwikorezi y’ubukungu bw’u Rwanda, kuko bufite uruhare runini mu kurandura ubukene no guteza imbere ubukungu, binyuze mu guhanga imirimo no kuzamura urwego rw’inganda.
-
BRD yasinyanye amasezerano y’ubufatanye na USAID agamije guteza imbere ubuhinzi
10 February 2017, by Cyprien NiyomwungeriAbafite aho bahuriye n’inguzanyo zitangwa mu buhinzi n’ubworozi, bashobora kutazongera gusubiza inyuma imishinga yo muri urwo rwego kuko imbogamizi yagiraga zirimo gutegurwa nabi, ingwate, ibyago mu mushinga n’ibindi bigiye gukurwaho nyuma y’amasezerano Banki y’u Rwanda itsura Amajyambere (BRD) yasinyanye n’Ikigega cy’iterambere cya Leta zunze ubumwe za Amerika USAID.
-
Amakipe 7 ya Tennis mu irushanwa ry’umunsi wo Kwibohora
30 June 2014, by Mathias HitimanaKu nshuro ya kane, Amahoro Tennis Club yateguye irushanwa rya Tennis ry’umunsi wo Kwibohora ryatewe inkunga na Banki nyarwanda itsura amajyambere (BRD) ryatangiye tariki ya 28 Kamena rikazozwa kuwa 6 Nyakanga 2014.
Iri rushanwa ngarukamwaka rizitabirwa n’amakipe 7 yo mu Rwanda harimo abiri ya Nyarutarama, iy’i Kanombe, kuri Cercle Sportif de Kigali, Huye, Rubavu na Musanze.
Twagiramungu Fabien, umuyobozi wa Amahoro Tennis Club avuga ko iri rushanwa rizakinwa mu byiciro bitatu; ababigize (…) -
Mu mezi atatu, BRD imaze kugaruza miliyoni zisaga 198 y’inguzanyo ya buruse
11 March 2016, by Ferdinand ManiraguhaKuva muri Mutarama kugeza ubu, Banki y’Iterambere y’u Rwanda (BRD) iratangaza ko imaze kwishyuza miliyoni zirenga 198 z’amafaranga y’u Rwanda mu bantu bari mu kazi bigiye ku nguzanyo ya buruse ya Leta.
-
Hatangijwe umushinga wa miliyoni zisaga 48$ uzafasha ingo ibihumbi 445 kubona amashanyarazi
14 November 2017, by Cyprien NiyomwungeriGuverinoma y’u Rwanda ibinyujije muri Banki itsura amajyambere y’u Rwanda (BRD), kuri uyu wa Kabiri, yatangije ku mugaragaro umushinga wa miliyoni 48.9 z’amadolari ya Amerika, ni ukuvuga miliyari zisaga 41 z’amafaranga y’u Rwanda, azafasha ingo ibihumbi 445 kugerwaho n’amashanyarazi akomoka ku mirasire y’izuba bitarenze mu 2023.
-
BRD yabonye umuyobozi mushya w’inama y’ubutegetsi
1 April 2014, by Mathias HitimanaAbanyamigabane muri Banki y’iterambere y’u Rwanda (BRD) batoye uwitwa Fransis Mugisha ku mwanya w’Umuyobozi mushya w’Inama y’ubutegetsi muri BRD asimbura Ndungu Bernard kuri uwo mwanya.
Kuwa 31 Werurwe 2014, ubwo bari bateraniye mu nama rusange, abanyamigabane bemeje kuvana Ndungu mu mirimo yarasanzweho nk’Umuyobozi w’inama y’ubutegetsi, bahita bemeza ko Mugisha amusimbuye, akazakomeza gukurikirana icyiciro gikurikira; aho BRD izakomeza gushyigikira no gutanga inguzanyo ku mishinga (…) -
BRD igiye guhana abakoresha bananiwe kwishyuza abakozi bigiye ku nguzanyo ya Leta
5 October 2016, by Kanamugire EmmanuelBanki itsura Amajyambere y’u Rwanda (BRD), yahaye abakoresha bose amezi atatu ngo babe bayishyikirije urutonde rw’abakozi babo babonye inguzanyo yo kwiga n’imyirondoro yabo kugira ngo batangire kwishyuzwa,bityo hanahanwe abatazabyubahiriza.
-
Uwizeyimana yabaye uwa mbere muri Liberation Day Tennis Tournament
7 July 2014, by Mathias HitimanaUwizeyimana Mathieu niwe wegukanye umwanya wa mbere muri “Liberation Day Tennis Tournament” ryateguwe n’ Amahoro Tennis Club itewe inkunga na Banki nyarwanda itsura amajyambere (BRD), atsinze Habiyambere Dieudonne seti 2-1 ku mukino wa nyuma.
Uwizeyimana (nimero ya 3) wakinaga nk’uwabigize umwuga yatsinze Habiyambere (nimero ya 2) ku bitego 6-3, 6-1 na 2-6 ahembwa ibihumbi 100 Rwf naho Habiyambere ahabwa ibihumbi 80 Rwf.
Nyuma yo gutwara igihembo ku nshuro ya mbere nk’uwabigize umwuga, (…) -
BRD yatanze miliyoni 22 zo kuzahura ihuriro ry’abohereza ibicuruzwa mu mahanga
13 November 2016, by Philbert GirinemaBanki Itsura Amajyambere y’u Rwanda, BRD, yasinyanye amasezerano n’urugaga rw’abikorera mu Rwanda, PSF, akubiyemo miliyoni 22 z’amafaranga y’u Rwanda, zizafasha abikorera gushyiraho ihuriro ry’abacuruzi bohereza ibicuruzwa mu mahanga.
IGIHE