Uyu muhango wabereye muri Kigali Convention Centre mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru.
Ni ibirori byitabiriwe n’abantu batandukanye biganjemo abakunzi b’umuziki, abahanzi nyiri zina ndetse n’abandi bafite aho bahuriye n’imyidagaduro barimo abakinnyi ba sinema n’abanyamakuru muri rusange.
Ni ibirori byabimburiwe no gutambuka ku itapi y’umutuku bafata amafoto, ndetse ari nako ababyitabiriye baganirizwa n’itangazamakuru mbere y’uko binjira mu cyumba cyari giteguye.
Nyuma y’uko benshi mu bitabiriye ibi birori bahageze MC Brian na Tesssy usanzwe ari umunyamakuru wa Isango Star bahise bahabwa umwanya wo gutangiza ibi birori.
Urutonde rw’abahanzi begukanye ibihembo by’abakoze neza kurusha abandi muri ‘Isango na Muzika Awards 2024’.
Best male artist
– Bruce Melodie Yatsinze
– The Ben
– Bull Dogg
– Chriss Eazy
Best female artist
– Alyn Sano
– Ariel Wayz
– Bwiza Yatsinze
– France Mpundu
Best new artist
– Q.D
– Zeo Trap Yatsinze
– Chiboo
– Kenny Edwin
Best gospel artist
– Israel Mbonyi Yatsinze
– Chryso Ndasingwa
– Vestine & Dorcus
– Ben & Chance
Best album
– Icyumba cy’amategeko Yatsinze
– Full Moon
– Ganza
– Live and die
Song of the year
– Jugumila – Dj Phil Peter ft Chris Eazy & Kevin Kade Yatsinze
– Wait - Kivumbi
– Molomita – Gad ft Nel Ngabo & Keny Sol
– SIKOSA - Kevin Kade ft The Ben & Element
– Ahazaza – Bwiza
Best collaboration
– Jugumila – Dj Phil Peter ft Chris Eazy & Kevin Kade Yatsinze
– Molomita – Gad ft Nel Ngabo & Keny Sol
– Sikosa - Kevin Kade ft The Ben & Element
– Puta - Bull Dogg
Best Hip Hop artist
– Bull Dogg Yatsinze
– Riderman
– Bushali
– Zeo Trap
Best music producer
– Element Yatsinze
– Prince Kiiz
– Muriroo
– Loader
Best video director
– FayzoYatsinze
– Gad
– Sammy Switch
– Isimbi Nailla
Best culture act
– Ruti Joel Yatsinze
– Cyusa Ibrahim
– Inyamibwa
– Impakanizi
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!