Tiwa Savage yagaragaje ibi mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa Instagram, mu butumwa bumara umunsi umwe buzwi nka ‘Instagram Story’.
Uyu mugore yavuze ko album ari gukoraho ishobora kuba ariyo ye ya nyuma, ndetse yemeza ko uyu mwanzuro yawufashe kuko yumva ibyo yakoze bihagije kandi yatanze ibyo yari afite byose.
Yanditse ati “Iyi ishobora kuba album yanjye ya nyuma. Ndananiwe.”
Tiwa Savage ashobora kureka umuziki
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!