Ni igitaramo uyu muhanzi yakoreye muri Kampala Serena Hotel, ku wa Gatandatu tariki 17 Gicurasi 2025.
Yagihuriyemo n’abahanzi batandukanye barimo Ray G wanavuye ku rubyiniro ahawe akayabo, Rema Namakula baririmbanye indirimbo bakoranye bise “This is Love”.
Abandi bagaragayemo barimo Irene Ntale, Warafiki Music, Omarioo waturutse muri Tanzania na DJ Spinny wavanzemo imiziki.
Ni igitaramo The Ben yahuriyemo n’abahanzi Element EléeeH na Symphony Band bo mu Rwanda.
Cyayobowe na MC Mariachi mu gihe hari n’abanyarwenya barimo Maulana & Reign na Dr Hilary Okello.












TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!