Ni igikorwa cyabaga ku nshuro ya 64 cyayagombaga kuba muri Mutarama ariko kirasubikwa kubera icyorezo cya COVID-19. Mu gihe ubu icyorezo gisa nk’icyacishije make, ibyamamare bitandukanye byagaragaye ku itapi itukura akanyamuneza ari kose cyane ko nta n’udupfukamunwa byari byambaye.
Ibi birori ku nshuro ya mbere byabereye mu Mujyi wa Las Vegas mu nyubako ya MGM Grand Garden Arena kuri iki Cyumweru tariki 3 Mata 2022, biyoborwa n’Umunyarwenya Trevor Noah.
Indi nkuru bijyanye: https://igihe.com/imyidagaduro/article/angelique-kidjo-na-black-coffee-batsinze-muri-grammy-awards


































Amafoto: Getty Images, Getty Images North for The Recording Academy, Getty Images for The Recording Academy, CBS, AP & Shutterstock
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!