Iyi foto iri gucaracara mu bakoresha WhatsApp igaragaza Turahirwa Moses yambaye ubusa ku gice cyo hejuru ndetse n’umwambaro w’imbere ku gice cyo hasi ariko ahagana imbere yawumanuye ku buryo igitsina cye cyose kiba kigaragara.
Ni ifoto yafashwe mu buryo busa n’ubwateguwe kuko uyu musore agaragara ari ahantu hameze nko muri ’studio’ ndetse yifashe nk’umuntu uzi ko ari gufotorwa koko.
Kugeza ubu ntiharamenyekana uko iyi foto yagiye hanze, gusa isohotse nyuma y’iminsi mike n’ubundi ku mbuga nkoranyambaga hakwiriye amashusho y’uyu musore ari mu gikorwa cy’ubusambanyi na bagenzi be b’abagabo.
Ni amashusho yiyemereye ko koko ugaragaramo ariwe ndetse asaba imbabazi Abanyarwanda bababajwe nayo ngo kuko yashyizwe hanze n’umuntu wamwinjiriye muri konti ye ya Snapchat.
Wallah ibintu bikomeje kugorana,,,
— I am Felix (@SemuzimaF) January 7, 2023
Nyamara ibyo arimo Arabizi neza
— ngo kweeeeee (@Birorinyanza) January 7, 2023
U Rwanda rwagwishije ishyano [email protected] RUTANGARWAMABO tabara nyabuneka !!!
— Butamu (@ntirenganyapat3) January 7, 2023
This man is disgusting 🤮 https://t.co/cBnhF7oVel
— Space Cowboy⌚ (@ShemaFredd) January 7, 2023

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!