Davido yabikoze yifashishije urubuga rwe rwa Instagram aho yashyize ifoto y’uyu mukobwa muri ‘Insta Story’ yarangiza agakurikizaho amagambo, agira ati “Uw’ikirenga ibihe byose.”
Davido ntabwo ariwe wa mbere ugaragarije uyu mukobwa w’imyaka 25 ko amukunda, kuko na Meek Mill mu ndirimbo yahuriyemo na Drake bise “Going Bad” hari aho yavuze ko amwifuza. Ati “Nashyize Lori Harvey ku rutonde rw’ibyo nifuza, niwe nshaka kuri Noheli.”
Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo People yatangaje ko Lori yatandukanye na Michael B. Jordan bari bamaze urenga bakundana.
Greatest of all time — Singer Davido hails American model, Lori Harvey, following her breakup with actor Michael Jordan
Singer Davido has hailed American model, Lori Harvey after she reportedly broke up with actor Micheal B Jordan.
The couple split after 17 months of dating, pic.twitter.com/aJ38sgqh2S
— Instablog9ja (@instablog9ja) June 5, 2022

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!