Uyu mutoza yifuzwaga cyane na Mukura VS yatandukanye na Afhamia Lotfi ariko yatangarije IGIHE ko yahisemo kongera amasezerano muri Gorilla FC.
Kirasa ni umwe mu batoza b’abahanga mu Rwanda bazwiho gukina umupira wo guhererekanya cyane.
Mu mwaka ushize w’imikino yafashije Gorilla FC gusoza ku mwanya wa karindwi n’amanota 40.
Biteganyijwe ko nyuma yo gukemura iby’umutoza, Gorilla FC iratangira kuvugana n’abakinnyi batandukanye barimo abo yifuza kugura, abo kongerera amasezerano n’abo gutandukana.

Umutoza Kirasa Alain yongereye amasezerano y'umwaka muri Gorilla FC

Kirasa uzwiho gukina umukino unogeye ijisho, yanyuze no muri Gasogi United
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!