Mu cyumweru gishize, hatangiye urubanza ruzamara amezi atanu, ruregwamo abantu barindwi bari bagize ikipe y’abaganga, bashinjwa kugira uruhare mu rupfu rw’uyu mugabo wubahwaga nk’imana mu kibuga, ariko bivugwa ko yafashwe nk’inyamaswa mu minsi ye ya nyuma.
IGIHE yaguteguriye inkuru y’amashusho, igufasha gusobanukirwa uko byagenze ndetse n’uko urubanza rw’abaganga bashinjwa urupfu ruri kugenda cyane ko ruzasozwa muri Nyakanga 2025.
Rwitezwemo abatangabuhanya 100, ni mu gihe umwanzuro wa nyuma uzatangazwa n’abacamanza batatu.
Video: Ishimwe Jean Luc
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!