Uyu mukinnyi w’imyaka 22 amaze igihe adakina kuva yatandukana na Club Africain yo muri Tunisia muri Nyakanga 2024. Yagiye muri iyi kipe avuye muri ASC Niarry Tally y’iwayo.
Alioune amaze iminsi mu Rwanda kuko yanakurikiye umukino Gasogi United yatsinzwe na AS Kigali ibitego 2-1 ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize.
Agiye gusimbura ASC Niarry Tally iyi kipe iheruka gusezerera kubera umusaruro nkene.
Gasogi United yasoje imikino ibanza ya Shampiyona iri ku mwanya wa karindwi n’amanota 20.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!