Aba batoza barangajwe imbere n’umukuru, Rwaka Claude, umwungiriza we, Rudasingwa Florian uzwi nka Freury na Dushimimana Djamila ushinzwe ubuzima bwa buri munsi bw’ikipe.
Aba batoza bishyuza Rayon Sports imishahara y’amezi atatu, uduhimbazamusyi tw’imikino itanu iheruka, hamwe n’ibindi birarane bimaze igihe batishyuwe.
Ibi bibaye kandi mu gihe Gikundiro iri kwitegura umukino w’Umunsi wa 20 wa Shampiyona uzayihuza na AS Kigali WFC basanzwe bahanganira ibikombe, ku wa Gatandatu, tariki ya 8 Werurwe 2025.



TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!