Uyu mukino wabaye ku wa Gatanu, warangiye rutahizamu Victor Osimhen atsinze ibitego byombi byabonetse muri uyu mukino.
Si ayo mafaranga gusa aba bakinnyi bazabona kuko abahamagawe babarirwa 200$ (284,000 Frw) ku munsi ku bwo kwitabira ubutumire bw’Ikipe y’Igihugu.
Bijejwe kandi ko bazahabwa andi 1000$ nibitwara neza bagatsinda Zimbabwe bafitanye umukino ku wa Kabiri, tariki ya 25 Werurwe 2025.
Nigeria iri ku mwanya wa kane mu Itsinda C n’amanota atandatu, irushwa ane na Afurika y’Epfo ya mbere.



TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!