Ubu ibihugu Apple itangiramo izi serivisi z’ubufasha ku bakiliya bayo byiyongereyeho 118 harimo n’u Rwanda.
Apple Support yongerewemo u Rwanda iha umuntu ukoresha Apple kuba yabona ubufasha mu gihe igikoresho cye cyagize ikibazo. Hari nk’umuntu wabaga ufite telefoni ya iPhone yagira ikibazo bikaba ngombwa ko ayohereza nko muri Afurika y’Epfo ariko ubu bizajya bikorerwa imbere mu gihugu.
Izindi mpinduka Apple yashyizeho mu gufasha abakiliya, ni indimi eshatu nshya zirimo ururimi rukoreshwa muri Bulgarie, Croatia no mu Bugereki. Bivuze ko ubu umuntu ukoresha ibikoresho bya Apple, ashobora kubona nibura indimi 31.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!