safi ni ikogoryi gusiga Group akagenda urban boys ni bo bahanzi twemeraga noe safi arayishe nkumufana wa urban boys sinakongera kunva indirimbo zirimo safi atarikumwe ba Group
Nizo pole nyn gs ibyanyu imana irabizi urban boyz ni mukomeze gukorana rwose safi nareke ibyo arm ahubwo mwiyunge mube abvndmwe nkuko byahoze.
7
SEND-B Corrector2019-08-29 15:42:30
Congz to Dream Boyz on 1st place ndacyeka ntashidikanya ko nizzo azimye pe kuko muzika ye ntaho izagera ark indyarya ziragwira mwabantu eeehh! I
Tekereza kumara 2years mutavugana natwe twari turi mumandazi pe ngo abantu ninshuti kumbi 🙊🙊🙊 ark nyine ntamvur igwa ngo ntihite urugendo rwabo nyine stop there!
Umu type nikundira ucisha make kandi serious muri Urban Boyz ni Humble Jizzo. Mbona ari we inkingi akaba na myugariro wa Urban Boyz sinon iba yarasenyutse imyaka. Imana ikomeze imwongerere imigisha, yababereye imfura !
10
Sebu2017-10-31 14:58:02
Nizzo ni umwiyemezi cyane kdi koko ubona bamuhetse. Natuze ashyire Safi hasi kuba yishakira ibyo akora kuruhande sigitangaza,nuko ashoboye kdi ntiyakwitesha opportunity. Ni kimwe nuko waba ukorera company runaka ariko nyuma yakazi ugatera ibiraka ahandi. Nizzo rwose nawe nubona ayo mahirwe ntazagucike,aho kujya ishyamba undi mwana avec ikinyabupfura gike.
Ariko Safi yari yaratinze Nizzo mbona ar'umwishongozi kdi mbona bamuhetse ntakintu azi inama isumba izindi wamugani nafatirane zino hit Safi yari yaramuhaye azishakemo umugore ufite amafaranga kuko nazima nta cyuki cyizamwiteza thx
13
2017-10-30 13:52:11
ibi birasanzwe mwikwivuna mubatuka rwose, nikimenyimenyi mbona na p square ariko bimeze Peter ejobundi yasohoye iye wenyine, sintibaza aba batari nimpanga aribo byagorana, gusa nigihombo kuri Rwandan music
14
ndikumana Jean paul2017-10-30 13:52:11
courage Safi imana ikongerere imbaraga
15
nadia2017-10-30 13:52:11
cyangwa hajemo n'ingengasi?????? nibabohereze muitorero kwa bamporiki abigishe ndumunyarwanda
16
UMUWENGE2017-10-30 13:52:11
Habayeho orchestre yitwa WENGE MUSICA BCBG yo muri D R Congo yarakunzwe cyane ndetse nubu twebwe abazi ibanga ry'umuziki wo muri CONGO turacyayikunda cyane, nuko uwitwa Jb Mpiana ati ndi hatari, uwitwa Werrason ati ndi hatari, abandi basigaye barimo Didier Massela, Alain Prince Makaba, Adolphe Dominguez, Blaise Bula nuko bamwe bakurira Werrason abandi bajya kwa JB Mpiana kugeza ubu abasigaye bavugwa ni 2 gusa abandi barazimye burundu kandi bari abahanga banakunzwe cyane cyane chanteur guitariste Alain Makaba na Bassiste Didier Massela
1 2
safi ni ikogoryi gusiga Group akagenda urban boys ni bo bahanzi twemeraga noe safi arayishe nkumufana wa urban boys sinakongera kunva indirimbo zirimo safi atarikumwe ba Group
Birababaje sana ark na tuff barihuje!
ndi umunyeshuri nkunda kuririmba ndabasuhuza Nizzo ihangane gusa nikundiraga ukuntu mwaririmbaga mufatanyije nizzo ndagukunda cyane ukomeze kwisengera lmana niyo izagushoboza
ndi umunyeshuri nkunda kuririmba ndabasuhuza Nizzo ihangane gusa nikundiraga ukuntu mwaririmbaga mufatanyije nizzo ndagukunda cyane ukomeze kwisengera lmana niyo izagushoboza
Birababaje nkitsinda ryavuye kure twese tuzi rikaba rigize iherezo ribi nkiri gusa bahaye insinzi abanzi babo
Nizo pole nyn gs ibyanyu imana irabizi urban boyz ni mukomeze gukorana rwose safi nareke ibyo arm ahubwo mwiyunge mube abvndmwe nkuko byahoze.
Congz to Dream Boyz on 1st place ndacyeka ntashidikanya ko nizzo azimye pe kuko muzika ye ntaho izagera ark indyarya ziragwira mwabantu eeehh! I Tekereza kumara 2years mutavugana natwe twari turi mumandazi pe ngo abantu ninshuti kumbi 🙊🙊🙊 ark nyine ntamvur igwa ngo ntihite urugendo rwabo nyine stop there!
safi arahubutse ntamuntu wigira twenkabafana babo twababaye ibyo biririmbobye azabyiyumvire amakarita twaguze ngoturabafana
Umu type nikundira ucisha make kandi serious muri Urban Boyz ni Humble Jizzo. Mbona ari we inkingi akaba na myugariro wa Urban Boyz sinon iba yarasenyutse imyaka. Imana ikomeze imwongerere imigisha, yababereye imfura !
Nizzo ni umwiyemezi cyane kdi koko ubona bamuhetse. Natuze ashyire Safi hasi kuba yishakira ibyo akora kuruhande sigitangaza,nuko ashoboye kdi ntiyakwitesha opportunity. Ni kimwe nuko waba ukorera company runaka ariko nyuma yakazi ugatera ibiraka ahandi. Nizzo rwose nawe nubona ayo mahirwe ntazagucike,aho kujya ishyamba undi mwana avec ikinyabupfura gike.
Gusa iryo tsinda ritandukanye byambabaza Kuko nibo Bahanzi nemeraga murwanda Abandi Abandi Bose ni feke.
Ariko Safi yari yaratinze Nizzo mbona ar'umwishongozi kdi mbona bamuhetse ntakintu azi inama isumba izindi wamugani nafatirane zino hit Safi yari yaramuhaye azishakemo umugore ufite amafaranga kuko nazima nta cyuki cyizamwiteza thx
ibi birasanzwe mwikwivuna mubatuka rwose, nikimenyimenyi mbona na p square ariko bimeze Peter ejobundi yasohoye iye wenyine, sintibaza aba batari nimpanga aribo byagorana, gusa nigihombo kuri Rwandan music
courage Safi imana ikongerere imbaraga
cyangwa hajemo n'ingengasi?????? nibabohereze muitorero kwa bamporiki abigishe ndumunyarwanda
Habayeho orchestre yitwa WENGE MUSICA BCBG yo muri D R Congo yarakunzwe cyane ndetse nubu twebwe abazi ibanga ry'umuziki wo muri CONGO turacyayikunda cyane, nuko uwitwa Jb Mpiana ati ndi hatari, uwitwa Werrason ati ndi hatari, abandi basigaye barimo Didier Massela, Alain Prince Makaba, Adolphe Dominguez, Blaise Bula nuko bamwe bakurira Werrason abandi bajya kwa JB Mpiana kugeza ubu abasigaye bavugwa ni 2 gusa abandi barazimye burundu kandi bari abahanga banakunzwe cyane cyane chanteur guitariste Alain Makaba na Bassiste Didier Massela
Humble woe ufite ikibazo ubundi hafi.indirimbo zose ni humble jizzo wazanditse Nizzo azi kuririmba kandi anicisha bugufi Safi numwiyemezi cyane.ikinabikwereka nuko amaze kubona agafaranga uriya mugore we yamuhaye agahita akatira itsinda rye ibyo nubujiji cyane.
Safi nimbwa .....ibyo nukwiyumva agakabya yakabaye avuga uko bimeze niba batandukana akabivuga bikavamunzira urabona akiryo ....ke wana ntago ibibazo bibura mumatsinda sinaryo ryambere ye ark iyi Nigg yagafashe umwanzuro ikareka kwirya nkabagore
Sha kbs aho ni Sawa kuko Safi arabizi cyane azabikora gusa Nizzo mbona ari umuntu wiyemera atabasha kumvikana kdi igisekeje ntazi no kuririmba ubwose abaye uwande koyubitse isahani ariraho nimba afite akantu yakuyemo najye muri business
Sha kbs aho ni Sawa kuko Safi arabizi cyane azabikora gusa Nizzo mbona ari umuntu wiyemera atabasha kumvikana kdi igisekeje ntazi no kuririmba ubwose abaye uwande koyubitse isahani ariraho nimba afite akantu yakuyemo najye muri business
1 2