Ikibabaje bazasanga ari inshuti ya bugufi; kuko bamwe bagenzwa no guhemukira abo babana, abavandimwe, inshuti.
3
kazimire2017-02-17 10:34:58
Uyu musenzi Police nimushakishe imufate imuzirike kabisa ashaka kurya ibyo atakoreye. Ariko ndagaruka kuri abo bariwe ayo mafaranga nabita indangare. Ni gute woherereza umuntu amafaranga angana gutyo kuri numero ubona ko amazina ayiriho uyakemanga? umuntu mutarahura umwoherereza ama cash gute????? Iby'abapfu biribwa n'abapfumu koko
4
yiweee2017-02-17 10:34:58
Hubwo njye yaranyandikiye on messenger ngo nimuhe nbr yanjye ndayimuha ngirango niwowe,sasa aza kuza Ku Ruyenzi arambwira ngo niho ari ngirango niwowe mubwiye nti ese ko aho uri ari hafi yomurugo waje nkagusuhuza arambwirango arikumwe nuwitwa Bobo Bon Fils ati ndaza kukubwira nze,Sasa kuko Bon fils muzi inyarugenge mugakinjiro ubwo nyine sinabitinzeho numvagako ariwowe byanga bikunda ambwira ukuntu asengera muri Francofone mugakinjiro sinabihakana ko Atari wowe,narategereje ko aza murugo ndaheba nsanga yakuyeho 4ne ye
1
Ayo mafaranga ya facebook ndumva yihuta kuboneka
Ikibabaje bazasanga ari inshuti ya bugufi; kuko bamwe bagenzwa no guhemukira abo babana, abavandimwe, inshuti.
Uyu musenzi Police nimushakishe imufate imuzirike kabisa ashaka kurya ibyo atakoreye. Ariko ndagaruka kuri abo bariwe ayo mafaranga nabita indangare. Ni gute woherereza umuntu amafaranga angana gutyo kuri numero ubona ko amazina ayiriho uyakemanga? umuntu mutarahura umwoherereza ama cash gute????? Iby'abapfu biribwa n'abapfumu koko
Hubwo njye yaranyandikiye on messenger ngo nimuhe nbr yanjye ndayimuha ngirango niwowe,sasa aza kuza Ku Ruyenzi arambwira ngo niho ari ngirango niwowe mubwiye nti ese ko aho uri ari hafi yomurugo waje nkagusuhuza arambwirango arikumwe nuwitwa Bobo Bon Fils ati ndaza kukubwira nze,Sasa kuko Bon fils muzi inyarugenge mugakinjiro ubwo nyine sinabitinzeho numvagako ariwowe byanga bikunda ambwira ukuntu asengera muri Francofone mugakinjiro sinabihakana ko Atari wowe,narategereje ko aza murugo ndaheba nsanga yakuyeho 4ne ye
Mana yanjye,Nic wihangane ntakundi ariko uwo muswa akurikiranwe umuntu utinyuka kumenyera umukozi w'Imana, iminsi y'igisambo ni 40 aho yahungira hose arafatwa bidatinze mwihorere. Police yacu ndayizera
Njye yarampamagaye muhanda 40.000 nziko nyohereje kuri numero ya Nyuma wa Dominic, mbega ubujiji. Iyo nibutse cash zanjye agahinda karandenga. Imana izamuhane bikomeye
Ikoranabuhanga riti; "????"!
1