1
Noella Humura wowe uzabwire ngusengera uzakira
Bantu mwese mubimenye neza, abarangi ni inzira y'ubuyobe. Babeshya ko basenga, nyamara ni ukugira ngo babone abantu, ndetse bagerageze kuyobya n'intore z'Imana; Basenga abamarayika, kandi bibiriya irabitubuza, mubisome mu bami II, no mu ibaruwa yandikiwe abakolosayi. Biri mu miziro, abayisiraheri bajyaga bahanishwa kujyanwa bunyago iyo babaga bayirenzeho.
Ibyo ntibigutere ubwoba kuko hejuru y'imbaraga zose hari imbaraga z'UWITEKA IMANA ishobora byose. Wowe izere YESU KRISTO umwakire nk'umwami n'umukiza wawe niwe nzira ukuri n'ubugingo azakuyobora kandi ibyo byose nibirenze ibyo azabikuneshereza.
Ko hari umuntu ubabamo wabandogeyemo ubwo ibyo yandoze nzabikira gute? Ubwo ntibisaba ko nanjye nabajyamo bakandogora? Mungire inama kandi murakoze. Noella
Ko hari umuntu ubabamo wabandogeyemo ubwo ibyo yandoze nzabikira gute? Ubwo ntibisaba ko nanjye nabajyamo bakandogora? Mungire inama kandi murakoze.
ubivemo
Inama nakugira ni ukugera ikirenge mu cya Epimaque na Epiphanie ukigobotora ingoyi ya Sekibi umwanzi w' Abantu, Ukakira Yesu Kristo Umwami w' Amahoro. YESU wenyine niwe Mwami niwe Nzira igana ku Mana NYAKURI. Niwe KURI niwe BUGINGO.Ukwiye gusoma Bibiliya ukegera itorero rikwegereye ry' Abakristo. Uzabona itandukaniro, kandi uzagira iherezo ryiza. Satani ntakiza na kimwe agira. AKIRA YESU AKUBOHORE!!!!Kimwe n'undi waba ufite icyo kibazo nawe yageragea inzira ya YESU. Imana kandi ishimwe kubwa Epimaque na Epiphanie.Murakoze Imana Ibahe umugisha.
Wowe ushaka ubufasha bwo kubivamo,nyandikira kuri [email protected]
ko mbirimo mwangira iyihe nama?
ntaw' imana uhera kandi iyatumenye turi urusoro ntacyo iyoberwa byose izi impamvu zabyo
nakizwe
1
Noella Humura wowe uzabwire ngusengera uzakira
Bantu mwese mubimenye neza, abarangi ni inzira y'ubuyobe. Babeshya ko basenga, nyamara ni ukugira ngo babone abantu, ndetse bagerageze kuyobya n'intore z'Imana; Basenga abamarayika, kandi bibiriya irabitubuza, mubisome mu bami II, no mu ibaruwa yandikiwe abakolosayi. Biri mu miziro, abayisiraheri bajyaga bahanishwa kujyanwa bunyago iyo babaga bayirenzeho.
Ibyo ntibigutere ubwoba kuko hejuru y'imbaraga zose hari imbaraga z'UWITEKA IMANA ishobora byose. Wowe izere YESU KRISTO umwakire nk'umwami n'umukiza wawe niwe nzira ukuri n'ubugingo azakuyobora kandi ibyo byose nibirenze ibyo azabikuneshereza.
Ko hari umuntu ubabamo wabandogeyemo ubwo ibyo yandoze nzabikira gute? Ubwo ntibisaba ko nanjye nabajyamo bakandogora? Mungire inama kandi murakoze. Noella
Ko hari umuntu ubabamo wabandogeyemo ubwo ibyo yandoze nzabikira gute? Ubwo ntibisaba ko nanjye nabajyamo bakandogora? Mungire inama kandi murakoze. Noella
Ko hari umuntu ubabamo wabandogeyemo ubwo ibyo yandoze nzabikira gute? Ubwo ntibisaba ko nanjye nabajyamo bakandogora? Mungire inama kandi murakoze. Noella
Ko hari umuntu ubabamo wabandogeyemo ubwo ibyo yandoze nzabikira gute? Ubwo ntibisaba ko nanjye nabajyamo bakandogora? Mungire inama kandi murakoze. Noella
Ko hari umuntu ubabamo wabandogeyemo ubwo ibyo yandoze nzabikira gute? Ubwo ntibisaba ko nanjye nabajyamo bakandogora? Mungire inama kandi murakoze.
ubivemo
Inama nakugira ni ukugera ikirenge mu cya Epimaque na Epiphanie ukigobotora ingoyi ya Sekibi umwanzi w' Abantu, Ukakira Yesu Kristo Umwami w' Amahoro. YESU wenyine niwe Mwami niwe Nzira igana ku Mana NYAKURI. Niwe KURI niwe BUGINGO.Ukwiye gusoma Bibiliya ukegera itorero rikwegereye ry' Abakristo. Uzabona itandukaniro, kandi uzagira iherezo ryiza. Satani ntakiza na kimwe agira. AKIRA YESU AKUBOHORE!!!!Kimwe n'undi waba ufite icyo kibazo nawe yageragea inzira ya YESU. Imana kandi ishimwe kubwa Epimaque na Epiphanie.Murakoze Imana Ibahe umugisha.
Wowe ushaka ubufasha bwo kubivamo,nyandikira kuri [email protected]
ko mbirimo mwangira iyihe nama?
ntaw' imana uhera kandi iyatumenye turi urusoro ntacyo iyoberwa byose izi impamvu zabyo
nakizwe
1