@Jean Claude kuba umu islam, nyuma yo kwigishwa ko Imana Rurema ariyo yonyine ikwiye kugaragirwa no kumenya ko ugomba kubaha ibyo yategetse ngo bikorwe cg yabujije ngo birekwe, ukanemera ko Muhammad ari intumwa yayo kubantu kimwe nizindi ntumwa zirimo Yesu, Moses, Abraham nabandi ko bose baje bafite ubutumwa kubantu ngo bagaragire Imana imwe rukumbi yabaremye. Ibyo iyo umaze kubyiga ukabyemere mumutima wawe urabivuga nururimi rwawe. Ibyo nibyo bita SHAHADA bisobanura UBUHAMYA.Ndumva ukeneye ibisobanuro de plus hari benshi bagufasha.Imana ikuyobore kandi ikurinde.