Iyi si byo ndabizi izaduhinduka
itwereke ko nta na kimwe dupfana
ariko aho kugira inshuti yo nzemera nibabaze
kuko byose nyuma yaho Imana izabitubaza,
itubaze impamvu twafashe nabi imfubyi zayo,
itubaze impamvu twaziriye kandi twazireraga,
byo nitubaza bamwe muri twe tuzicuza
kandi twari dufite umwanya uhagije wo kwanga ikibi ! God bless you!
Iyi si byo ndabizi izaduhinduka
itwereke ko nta na kimwe dupfana
ariko aho kugira inshuti yo nzemera nibabaze
kuko byose nyuma yaho Imana izabitubaza,
itubaze impamvu twafashe nabi imfubyi zayo,
itubaze impamvu twaziriye kandi twazireraga,
byo nitubaza bamwe muri twe tuzicuza
kandi twari dufite umwanya uhagije wo kwanga ikibi ! God bless you!
wowwww! good lyrics and beat of our lovely country!
Ndagushyigikiye musore nubwo ntari muriki kigero nkaba ntarigeze mba imfubyi(ababyeyi bajye batabarutse nkuze)nkunze ubuhanzi bwawe gusa umuhanzi nkawe RUGAMBA CYPRIENyasabye abarya ntibage ko INDANINI BAYIMA AMAYIRA aho kumwunva bara.....Ntuzacogore kuvuga nkibi nibwo butwari
courage nabo siborwose ..urakoze kubibutsa ko bazabibazwa courage musaza.
dufite ubwoba ko ushobora konjyera ukagenda mugihe gito nkuko wabikoraga. uraza ugakora ibintu byiza ukongera ugahita ugenda
thank you very much for this song! god bless you!
egoko ndumiwe noneho! icyakora hari abantu bazi kuraguza umutwe iyi ndirimbo wagirango ni histoire yanjye yambayeho waruri kuvuga. icyo nagusabira gusa ni umugisha ku Mana.
uwo muhanzi arabizi ntazacike intege.hari nkabakire bapfusha ubusa kandi hari ababaye.
NPC numusaza ndamwera kabisa
Ndabona atagiye kure yubuzima nabayemo neza neza narezwe narubanda family yanjye yicecekeye ubu nibo mfata nka family mvukamo kdi ndi uwi cyangungu bobo ni abo kugisenyi yavuze ukuri!
nonese uyumwana ubundi yari yihishehehe? ntiwunva umuhanzi ureke abaimba ibintu biri meaning less. fatiraho mwana gusa ikimbabaza nuko iyo iyo wangika indirimbo zisobanutse nkizo ntago ukurwa kwisoko ntanamafranga ubona. uribuka dipromate. ariko fatiraho tu yishyire kumugaragara tuyunva kandi uhite ushaka utundi maze ushyire ka album hanze tukurinyuma.
Niba byarabay azakomeze abahe nindi mirongo wenda bazahinduka.
kabisa npc ni number1 mubarapari.
NPC arabizi neza cyane.he Is the best
wowe NPC urumuhanga cyane kandi komeza tu ayo n'amagambo y'ubaka.ahubwo abahanzi bose bakwigireho ubabere urugero.God be with u mani