TIG ni huzwe n'agaciro developpement fund. Amafaranga afatwe ahuzwe n'ingufu murebe ko hatavamo agatangaza. Urugero niba dupanze gukora iki n'iki kikaba gikeneye cash n'abantu, ubwo abantu ni ok cash ni ok ubwo igikorwa kizakorwa. Ni ugushaka gusa imishinga yateza imbere abaturage n'igihugu.
TIG yagize akamaro,aliko ikibabaje n;uko igenda ibikorwa byayo ntihagire ubyitaho,mperutse kunyura mu muhanda wo mu mirenge ya Rutunga,Gikomero, Ndera (Gababo district) ndumirwa! Umuhanda amazi y'imvura agiye kuwusenya abayobozi barebera, wagirango ntamuganda uhakorerwa cg ntabayobozi bagira ngo babone ko uwo muhanda wari ufitiye akamaro abaturage bashinzwe kuyobora. Erega abaturage barakoreshwa.
bitinde bishyire kera sha bizahinduka
YEGO TIG YUNGUYE IGIHUGU , ABACITSE KU ICUMU BASHUMBUSHIJWEMO ANGAHEEEEEEEEE ??????????? AMAZU BASENYE HAMAZE KUBAKWA ANGAHEEEEEEEEE??????????????????????
Aha munezerejwe gufata abantu.nkinyo zo mwi wese.one day every thing will change
ibiribwa bibatunga? koko uko bameze ubona haricyo barya
ibiribwa bibatunga bitwara arenze ayo binjiza.
Ntawabura gushimira abarokotse ku bw'umutima wihangana bagaragaza, niba babasha kurerera abahemutse no gusangira na bo, ni ikimenyetso cy'ubumuntu mu Rwanda.
Gusa abakora TIG na bo babikorane umutima upondekaye kuko bamwe muri bo bagira amagambo atari meza mu kanwa kabo.
Ibyo TIG ikora bigomba gukorerwa igenzura ayamafaranga akaba ariyo avamo indishyi kubadafite ubwishyu.
Umuntu watekereje TIG yarebye kure. Uzi gutunga abantu barya badakora ukuntu bahombya igihugu! Ariko reba ibyiza bagezeho ukuntu ari byiza, bakomeze bababyaze umusaruro batugeze kuri byinshi.
aba ba tigistes bagomba gukuba inshuro 100 aya mafaranga kuko igihombo bateje igihugu ni kinini cyane