1
Hari ahandi hantu hakwiye kwitabwaho habitse amateka y'URwanda nk'ahantu hari amazi y'amakera amazi meza y'inka.
Ariko se mwagiye mumenya amateka yanyu ,nonese abo ababiligi nibo bacukuye amabuye bwa mbere?mukeka ko intwaro nk inkota n imyambi byacurwaga hadakoreshejwe amabuye se? Mukekako imikufi twambaraga itacurwaga mu mabuye se?abakurambere baracuze kuva kera ahubwo abo ababiligi bamenye ayo amabuye kuko babonye abakurambere bahacukura yewe na Hari congo hari ahacu ba sogokuruza bayacukura
Mbonye iyi story nibuka ko muzei wange Ruzibiza stanslas nawe yayikiniyeho umupira, icyo gihe yakiniraga ikipe ya masake , mbere yo guhunga muri 59 , icyo gihe yari shuhefu ibyumba . ubu imana iracyamurinze afite imyaka 91 .
Ariko rero ahantu nkaha hagomba kubungwabungwa pe hakanubakwa kunyungu zabana bazavuka bahigire amateka not kunyungu zabantu kugiti cyabo kuko abo bakozi ba karere bategerejwe ngo bavuge nimba bikenewe ntago ari inyungu zabo rwose ntago bazabishyiramo imbaraga ahubwo hakumva ibitekerezo byabaturage hagashyirwamo n'ubwenge bwa muntu kuko biragaragara ko ariya mateka yasibangana anytime
1
Hari ahandi hantu hakwiye kwitabwaho habitse amateka y'URwanda nk'ahantu hari amazi y'amakera amazi meza y'inka.
Ariko se mwagiye mumenya amateka yanyu ,nonese abo ababiligi nibo bacukuye amabuye bwa mbere?mukeka ko intwaro nk inkota n imyambi byacurwaga hadakoreshejwe amabuye se? Mukekako imikufi twambaraga itacurwaga mu mabuye se?abakurambere baracuze kuva kera ahubwo abo ababiligi bamenye ayo amabuye kuko babonye abakurambere bahacukura yewe na Hari congo hari ahacu ba sogokuruza bayacukura
Mbonye iyi story nibuka ko muzei wange Ruzibiza stanslas nawe yayikiniyeho umupira, icyo gihe yakiniraga ikipe ya masake , mbere yo guhunga muri 59 , icyo gihe yari shuhefu ibyumba . ubu imana iracyamurinze afite imyaka 91 .
Ariko rero ahantu nkaha hagomba kubungwabungwa pe hakanubakwa kunyungu zabana bazavuka bahigire amateka not kunyungu zabantu kugiti cyabo kuko abo bakozi ba karere bategerejwe ngo bavuge nimba bikenewe ntago ari inyungu zabo rwose ntago bazabishyiramo imbaraga ahubwo hakumva ibitekerezo byabaturage hagashyirwamo n'ubwenge bwa muntu kuko biragaragara ko ariya mateka yasibangana anytime
1