1
Umuntu iyo atarahamwa n, icyaha aba akiri umwere. Kadutegereze ubucamanza icyo buvuga
Ariko jye hari abansetsa. Ngo umuntu afatwa hari ibimemyetso? Ntimukibize nkana umuntu wese ucyekwaho Ibyaha arafatwa agafungwa hagakorwa ipereza afunze basanga mtakimuhama agafungurwa.
Ibintu birimo kujya muburyo ubwo natwe dutangiye gufata intasi. Twizereko tutazongera kuvuza induru kubindi bihugu kuko nabo bafite uburenganzira bwo gufata abo bita intasi
RIB yakoze akazi keza. Nibe imubitse adasiba ibimenyetso cg akirukira mu gihugu akorera, akiyita ko akurikiranywe kubera ibitekerezo bye. Abameze nka Jacky barahari, ntimutume akazi kaborohera.
Umuntu atabwa muri yombi aruko ibimenyetso simusiga hyarangije kumukusanywaho kuburyo havamo n'ibigomba gutangarizwa umuryango we,itangazamakuru cyangwa umuburanira. Kenshi nsoma ko RIB ikiri gukusanya ibimenyetso ikaba ntacyo ishobora gutangqriza abayibajije kw'itabwa muri yombi ry'umuntu. Ibi bihabanye n'amahame mpuzamahanga y'uburenganzira bwa muntu u Rwanda rwashyizeho umukono. Abashinzwe uburenganzira bwa muntu muvuga iki kuri iyo mitangarize y'amakuru?!
Nzaba mbarirwa ndi i Rwanda, kugeza ubu sinemeranywa n ununtu wita undi umwanzi w igihugu, kuki nakumva nkuze igihugu kurusha abandi. Igisekeje nuko ababyita abandi ejo hashize aribo babyitwaga keretse niba turi muri zunguruka ubwo natwe twongere dutegereze gato tuzabyitwa igihe cyacu cyageze. Umuntu mudahuje ibitekerezo si umwanzi w igihugu.
Kucyi se RIB ihamagara abantu kuza kuyha amakuru kumuntu waburiwe irengero kandi izi neza ko ariyo imufite?! Hakwiye ubeisqnzure mu kugaragaza uko abaturage bumva ibyo gutabwa muri yombi n'inzego zidhinzwe umutekano.
okay!nakurikiranwe nahamwa nicyaha azabiryozwe rwose.courage kurwego rwubugenzacyaha mukomeze murwane ishyaka k'ubusugire bwigihugu cyacu
Uwo mugore numugande? Nibariwe ubwo nyine natwe turimo kubishyura.
Ni byiza kuba hamenyekanye aho aherereye,ayo mahirwe agerwaho na bake...
1
Umuntu iyo atarahamwa n, icyaha aba akiri umwere. Kadutegereze ubucamanza icyo buvuga
Ariko jye hari abansetsa. Ngo umuntu afatwa hari ibimemyetso? Ntimukibize nkana umuntu wese ucyekwaho Ibyaha arafatwa agafungwa hagakorwa ipereza afunze basanga mtakimuhama agafungurwa.
Ibintu birimo kujya muburyo ubwo natwe dutangiye gufata intasi. Twizereko tutazongera kuvuza induru kubindi bihugu kuko nabo bafite uburenganzira bwo gufata abo bita intasi
RIB yakoze akazi keza. Nibe imubitse adasiba ibimenyetso cg akirukira mu gihugu akorera, akiyita ko akurikiranywe kubera ibitekerezo bye. Abameze nka Jacky barahari, ntimutume akazi kaborohera.
RIB yakoze akazi keza. Nibe imubitse adasiba ibimenyetso cg akirukira mu gihugu akorera, akiyita ko akurikiranywe kubera ibitekerezo bye. Abameze nka Jacky barahari, ntimutume akazi kaborohera.
Umuntu atabwa muri yombi aruko ibimenyetso simusiga hyarangije kumukusanywaho kuburyo havamo n'ibigomba gutangarizwa umuryango we,itangazamakuru cyangwa umuburanira. Kenshi nsoma ko RIB ikiri gukusanya ibimenyetso ikaba ntacyo ishobora gutangqriza abayibajije kw'itabwa muri yombi ry'umuntu. Ibi bihabanye n'amahame mpuzamahanga y'uburenganzira bwa muntu u Rwanda rwashyizeho umukono. Abashinzwe uburenganzira bwa muntu muvuga iki kuri iyo mitangarize y'amakuru?!
Nzaba mbarirwa ndi i Rwanda, kugeza ubu sinemeranywa n ununtu wita undi umwanzi w igihugu, kuki nakumva nkuze igihugu kurusha abandi. Igisekeje nuko ababyita abandi ejo hashize aribo babyitwaga keretse niba turi muri zunguruka ubwo natwe twongere dutegereze gato tuzabyitwa igihe cyacu cyageze. Umuntu mudahuje ibitekerezo si umwanzi w igihugu.
Kucyi se RIB ihamagara abantu kuza kuyha amakuru kumuntu waburiwe irengero kandi izi neza ko ariyo imufite?! Hakwiye ubeisqnzure mu kugaragaza uko abaturage bumva ibyo gutabwa muri yombi n'inzego zidhinzwe umutekano.
okay!nakurikiranwe nahamwa nicyaha azabiryozwe rwose.courage kurwego rwubugenzacyaha mukomeze murwane ishyaka k'ubusugire bwigihugu cyacu
Uwo mugore numugande? Nibariwe ubwo nyine natwe turimo kubishyura.
Ni byiza kuba hamenyekanye aho aherereye,ayo mahirwe agerwaho na bake...
Ni byiza kuba hamenyekanye aho aherereye,ayo mahirwe agerwaho na bake...
1