Imana ishimwe. Ntacyo narenzaho birashimishije, nkunda ko hatangwa amazu meza rwose, ukuri leta y'U Rwanda ishira mu gaciro kabisa, ibyo mukora birivugira, aya mazu aje yiyogera ku yandi meza yatanzwe hirya no hino ku batishoboye. Mukoereza aho rwose!
3
Kanyarwanda2019-11-14 12:49:47
Ariko MANA, twakuze tubwirwa ko u Rwanda ari igihugu gitemba amata n' ubuki maze Satani akizunguriza umutwe, muri Mata urya mwaka byose arasiribanga . Ariko maze kubona koko ko bwa budasa n' andi mahanga atari akitiriro gusa. Pe burya koko u Rwanda rutemba amata n' ubuki. Reka abana barwo bagotomere igihe n' iki imyaka ibihumbi.
4
Kanyarwanda2019-11-14 12:49:44
Ariko MANA, twakuze tubwirwa ko u Rwanda ari igihugu gitemba amata n' ubuki maze Satani akizunguriza umutwe, muri Mata urya mwaka byose arasiribanga . Ariko maze kubona koko ko bwa budasa n' andi mahanga atari akitiriro gusa. Pe burya koko u Rwanda rutemba amata n' ubuki. Reka abana barwo bagotomere igihe n' iki imyaka ibihumbi.
5
Kanyarwanda2019-11-14 12:49:39
Ariko MANA, twakuze tubwirwa ko u Rwanda ari igihugu gitemba amata n' ubuki maze Satani akizunguriza umutwe, muri Mata urya mwaka byose arasiribanga . Ariko maze kubona koko ko bwa budasa n' andi mahanga atari akitiriro gusa. Pe burya koko u Rwanda rutemba amata n' ubuki. Reka abana barwo bagotomere igihe n' iki imyaka ibihumbi.
1
ibi biruta zimwe bubaka usanga zatwaye umwanya munini kandi zikajyamo abantu bake ubwo bakomeje gahunda yo kubaka gutyo twabungabunga ubutaka bwacu kandi bugaturaho abantu benshi mu gihe kizaza ndetse nabamwe biyubakira bashirirweho uburyo bwo kwubaka kuburyo budatwara ubutaka bunini ko bukenewe ejo hazaza.
Imana ishimwe. Ntacyo narenzaho birashimishije, nkunda ko hatangwa amazu meza rwose, ukuri leta y'U Rwanda ishira mu gaciro kabisa, ibyo mukora birivugira, aya mazu aje yiyogera ku yandi meza yatanzwe hirya no hino ku batishoboye. Mukoereza aho rwose!
Ariko MANA, twakuze tubwirwa ko u Rwanda ari igihugu gitemba amata n' ubuki maze Satani akizunguriza umutwe, muri Mata urya mwaka byose arasiribanga . Ariko maze kubona koko ko bwa budasa n' andi mahanga atari akitiriro gusa. Pe burya koko u Rwanda rutemba amata n' ubuki. Reka abana barwo bagotomere igihe n' iki imyaka ibihumbi.
Ariko MANA, twakuze tubwirwa ko u Rwanda ari igihugu gitemba amata n' ubuki maze Satani akizunguriza umutwe, muri Mata urya mwaka byose arasiribanga . Ariko maze kubona koko ko bwa budasa n' andi mahanga atari akitiriro gusa. Pe burya koko u Rwanda rutemba amata n' ubuki. Reka abana barwo bagotomere igihe n' iki imyaka ibihumbi.
Ariko MANA, twakuze tubwirwa ko u Rwanda ari igihugu gitemba amata n' ubuki maze Satani akizunguriza umutwe, muri Mata urya mwaka byose arasiribanga . Ariko maze kubona koko ko bwa budasa n' andi mahanga atari akitiriro gusa. Pe burya koko u Rwanda rutemba amata n' ubuki. Reka abana barwo bagotomere igihe n' iki imyaka ibihumbi.
1