Incroyable ! Iyi event irakabije kuba nziza, félicitations depuis La Mauritanie!
3
muco2019-09-28 12:27:03
Reka dukosore uwanditse ko "Isinde ya kera yagereranywa n'Ingofero", ahubwo yagereranywa "n'Umutaka/Para-pluie"
4
muco2019-09-28 12:27:03
Reka dukosore uwanditse ko "Isinde ya kera yagereranywa n'Ingofero", ahubwo yagereranywa "n'Umutaka/Para-pluie"
5
ngabo2019-09-28 12:27:03
kera byari byiza koko
6
Mujyanama2019-09-28 12:27:00
Haragahoraho u Rwanda n'Abanyarwanda. Umuco dusangiye uraturanga aka ya ndirimbo "Rwanda Nziza" ! Birashimishije rwose kandi Bwana Masozera, komereza aho ndabona bigenda biza pe! Gusa birakwiye ko ibimenyetso ndangamateka bigaragara hirya no hino mu gihugu byabungabungwa kuko bikomeje kurimburwa no kononwa uruhongohongo turebera, ibindi ntibyitabweho! Aha ndavuga nk'Ikimana cya Nyiranzage (Nyanza/Mukingo), Utubindi twa Rubona (Gatsibo), Ibigabiro (biri hirya no hino mu gihugu), Ibibuguzo byitiriwe Umwami Ruganzu Ndoli biri hirya no hino mu gihugu; ahahoze Ingoro z'abami (urugero: Ku Ijuru rya Kamonyi kwa Yuhi Mazimpaka, i Ntora/Gisozi/Gasabo kwa Cyilima Rujugira, i Mwulire/Kigali/Nyarugenge kwa Cyilima Rugwe, i Ngeli/ Nyaruguru/Munini kwa Kigeli Rwabugili; ahahoze imisezero y'Abami nk'i Rutare/Gicumbi, i Nyamirembe ya Gishubi/Karama, Kamonyi, i Butangampundu/Rulindo; n'ibindi. Rwose tuve mu Bureau tuge aho ibi byose biri (terrain), tubisigasire. Ngaho muhorane n'Imana.
7
Kagoma2019-09-28 09:13:08
Twe kuki mutubuza kongera kunywera akagwa mu gacuma n'agaheha hirya no hino mu Rwanda?
1
Twabyemera tutabyemera umuco Nyarwanda ni mwiza bitagereranywaaa! Ubuyobozi bw'Ikigo cy’Igihugu cy’Ingoro z’Umurage w’u Rwanda (INMR) murabo gushimirwa mwakoze umurimo ukomeye. mukomereze aho, mukebure abanyurahirya iby'umuco wacu nkana ndetse abakiribato bawutozwe. Ibitaramo nyarwana nabyo byongerwe hari benshi babishima batagira aho babibona muburyo bw'umwimerere. Murakoze.
Incroyable ! Iyi event irakabije kuba nziza, félicitations depuis La Mauritanie!
Reka dukosore uwanditse ko "Isinde ya kera yagereranywa n'Ingofero", ahubwo yagereranywa "n'Umutaka/Para-pluie"
Reka dukosore uwanditse ko "Isinde ya kera yagereranywa n'Ingofero", ahubwo yagereranywa "n'Umutaka/Para-pluie"
kera byari byiza koko
Haragahoraho u Rwanda n'Abanyarwanda. Umuco dusangiye uraturanga aka ya ndirimbo "Rwanda Nziza" ! Birashimishije rwose kandi Bwana Masozera, komereza aho ndabona bigenda biza pe! Gusa birakwiye ko ibimenyetso ndangamateka bigaragara hirya no hino mu gihugu byabungabungwa kuko bikomeje kurimburwa no kononwa uruhongohongo turebera, ibindi ntibyitabweho! Aha ndavuga nk'Ikimana cya Nyiranzage (Nyanza/Mukingo), Utubindi twa Rubona (Gatsibo), Ibigabiro (biri hirya no hino mu gihugu), Ibibuguzo byitiriwe Umwami Ruganzu Ndoli biri hirya no hino mu gihugu; ahahoze Ingoro z'abami (urugero: Ku Ijuru rya Kamonyi kwa Yuhi Mazimpaka, i Ntora/Gisozi/Gasabo kwa Cyilima Rujugira, i Mwulire/Kigali/Nyarugenge kwa Cyilima Rugwe, i Ngeli/ Nyaruguru/Munini kwa Kigeli Rwabugili; ahahoze imisezero y'Abami nk'i Rutare/Gicumbi, i Nyamirembe ya Gishubi/Karama, Kamonyi, i Butangampundu/Rulindo; n'ibindi. Rwose tuve mu Bureau tuge aho ibi byose biri (terrain), tubisigasire. Ngaho muhorane n'Imana.
Twe kuki mutubuza kongera kunywera akagwa mu gacuma n'agaheha hirya no hino mu Rwanda?
1