Ku wa mbere, tariki ya 7 Mata 2025, Abanyarwanda n’inshuti zabo bateranye mu gikorwa cyo kwibuka abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi, cyaranzwe n’ibice bibiri, icya mbere cyatangiriye muri Komine ya Woluwe-Saint Pierre, ahari urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi, igikorwa cyitabiriwe na Perezida wa Ibuka-Belgique, Eugene Twagira Mutabazi, Erenest Gakuba uyobora Diaspora Nyarwanda mu Bubiligi na Benoit Carexhe, uyobora Komine ya Woluwe Saint Pierre, imwe muri 19 zigize umujyi wa Bruxelles.
Nyuma ya saa sita hakurikiyeho urugendo rwo kwibuka nk’uko bisanzwe buri mwaka rutangirira kuri Place Loyale rukarangirira ahitwa Place Poelaert.
Hakurikiraho umugoroba wo kwibuka, utangirwamo ubuhamya n’izindi gahunda zijyanye no kwibuka, kugeza amasaha akuze.
Uko igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, cyagenze mu Bubiligi. #Kwibuka31 pic.twitter.com/P9nPEhkNOm
— IGIHE (@IGIHE) April 7, 2025
Amwe mu mafoto y’uwo munsi



































Amafoto : Jessica Rutayisire & Emmy Uwimana
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!