Uwo mwana yamizwe n’imvubu ubwo yakiniraga ku nkombe z’ikiyaga cya Edward.
Polisi ya Uganda ivuga ko imvubu yavuye mu mazi igahita ifata uwo mwana. Umuturanyi w’uwo mwana witwa Chrispas Bagonza yabibonye biba, ahita atangira gutera amabuye iyo mvubu kugeza imurutse.
Paul Iga yahise ajyanwa ku bitaro kugira ngo avurwe ibikomere by’amenyo y’imvubu.
Bivugwa ko nibura buri mwaka imvubu zica abantu 500 ku Isi.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!