Abakiliya binjiye muri iri mu gitondo cyo kuri pasika bazi ko bagiye guhaha batungurwa no gusanga nta n’inyoni itambamo.
Babiri mu bacuruzi bahegereye bahageze basanga harimo abantu babarirwa hagati ya 15 na 20, batekereza icyo baba bakeneye mu gihe ari amaduka yabo yaba yasigaye adafunze, bahitamo guhamagara polisi.
Umurinzi usanzwe ahacunga umutekano avuye mu igorofa ryo hejuru kunywa ikawa ni we byagaragaye ko yibagiwe gufunga inzugi z’iri duka.
Polisi yo mu Mujyi wa Amsterdam yemeje ko nta kintu na kimwe cyibwe cyangwa ngo cyangizwe n’abantu bari binjiye muri iri duka.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!