00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

U Bubiligi: Umugabo yakatiwe imyaka 10 azira gutekera umutwe abakobwa bigurisha

Yanditswe na Rosine Ingabire
Kuya 24 May 2024 saa 10:59
Yasuwe :

Umugabo wo mu Bubiligi yakatiwe gufungwa imyaka icumi azira kubeshya abakobwa bigurisha bazwi nk’indaya, ubwo baryamanaga akabizeza kubishyura ariko ntabikore.

Iki cyaha yagikoze tariki 26 Werurwe 2023 ubwo yatumiraga abakobwa bicuruza mu birori, yarangiza bakaryamana bose akabizeza ko aza kuboherereza amafaranga kuri konti zabo za banki, ntabikore.

Umucamanza yaje gusanga ko uyu mugabo atari ubwa mbere akoze icyaha nk’icyo kuko hari ubwo yigeze gukatirwa gufungwa myaka itanu azira iki cyaha, ubuherutse akaba yari yakatiwe iminsi itandatu.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages
. . . . . .