Gutunga ibi bipupe muri iki gihugu ntabwo ari icyaha gusa kuva mu 2018 ibihumbi byabyo byatumizwaga hanze y’igihugu byafungiwe muri gasutamo, hahagarikwa ibikorwa byo gukomeza gucuruzwa mu gihugu.
Iki cyemezo cyari cyafashwe bavuga ko ibi bipupe bibangamiye umuco n’indangagaciro z’abanyagihugu gusa ababyinjiza mu gihugu bo bavuze ko ntaho bibangamiye imibereho ya muntu.
Nyuma y’izi mpaka hashyizweho amatora yabazaga niba ibi bipupe bishobora kongera ubusambanyi, gusa ababishinzwe nyuma yo kujya inama n’inzego zitandukanye zirimo na Minisiteri y’Uburinganire n’Umuryango bakuyeho iri tegeko ndetse abo byari byarafatiriwe bemerewe kubisaba.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!