Amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza uyu mukobwa yashyize umunwa mu matako y’umusore wicaye mu ntebe nk’aho nta kirimo kuba, imbere yabo hari ibitabo.
Nyuma yo kumenya iyi myitwarire, Umunyamabanga Mukuru ushinzwe amasomo muri iri shuri, Prof. Nzenza Mpangu François-Michée, yafashe icyemezo cyo kwirukana burundu aba banyeshuri.
Ibaruwa ya Prof. Nzenza igira iti “Ntewe ishema no kumenyesha igihano mwafatiwe kuri uyu wa 21 Gashyantare 2025 cyo kubirukana burundu mu Ishuri ry’Ubucuruzi rya Kinshasa.”
Iri shuri kandi ryirukanye burundu n’undi munyeshuri wa gatatu. Bica amarenga ko iki gikorwa kitakozwe na babiri gusa.



TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!