Imyaka ishize ari amagana, abahanga mu bya siyansi n’abandi b’ingeri zose, intekerezo zabo ziganisha ku cyageza umuntu kuri uyu mubumbe.
Mu ntangiriro z’ikinyejana cya 17, ibitekerezo n’inzozi byo kuba umuntu yatuzwa ku wundi mubumbe nibwo twavuga ko byatangiye, bitijwe umurindi n’Umuhanga akaba n’umuvumbuzi wo mu Butaliyani witwaga Galileo Galilei, wari umaze kwerekana imikorere ya telescope.
Kuva icyo gihe ni byinshi byagiye bikorwa kugira ngo inzozi za benshi zibe impamo ariko hakagaragara n’ibindi bibakoma mu nkokora kugeza ubu bigiteye impugenge.
Kurikira icyegeranyo Isi n’Isanzure, usobanukirwe
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!