Aka kanyamasyo kamaze igihe mu birwa bya St. Helena bibarizwa mu bwami bw’u Bwongereza nubwo biri mu Nyanja ya Atlantique.
Nubwo umunsi nyawo ako kanyamasyo kavukiyeho utazwi, bivugwa ko kavutse mu 1832.
Aka kanyamaswa kavuye muri Seychelles mu 1882 nk’impano yahawe Sir William Grey-Wilson waje kuyobora St Helena.
Inzego zishinzwe ubukerarugendo kuri icyo kirwa zivuga ko ako kanyamasyo gashobora kuba kamaze n’imyaka 200 kavutse.
Kubera gusaza, aka kanyamasyo ntikakireba cyangwa ngo kihumurize, icyakora ngo amatwi yako arumva cyane.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!