Aba Banyarwanda bakiriwe kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Mutarama 2022, aho barekuwe mu gihe ibihugu byombi biri kugerageza kuzahura umubano umaze igihe urimo agatotsi.
Ibi byashimangiwe n’uruzinduko Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku butaka za Uganda, aherutse kugirira mu Rwanda akaganira na Perezida Kagame.
Umubano w’ibihugu byombi wazambye ubwo u Rwanda rwatangazaga ko Uganda iri mu bikorwa byo gushyigikira abafite umugambi wo guhungabanya umutekano w’u Rwanda, mu gihe Uganda nayo yavugaga ko u Rwanda rufite ibikorwa by’ubutasi muri icyo gihugu.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!