Icyo gitero cyagabwe mu gace ka Kasindi muri Kivu y’Amajyaruguru hafi y’Umupaka uhuza Uganda na RDC. Bibarwa ko nibura abantu 39 bakomeretse.
Umuvugizi wa FARDC, Anthony Mualushayi, ku Cyumweru yavuze ko iperereza ry’ibanze ryasize hari Umunya-Kenya utawe muri yombi nyuma y’uko bigaragaye ko yagize uruhare muri icyo gitero.
Kugeza ubu iki gitero cyamaze kwigambwa n’umutwe w’iterabwoba wa Islamic State.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!