Ni inama ibaye mu gihe kandi rubanye nabi na Repubulika Iharanira Demokarasi, igihugu cyamaze no guhagarika amasezerano yose cyari gifitanye n’u Rwanda. RDC ishinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23, mu gihe rwo rushimangira ko nta bufasha na buto ruha uwo mutwe.
Ni mu gihe kandi ubushotoranyi bukorwa n’iki gihugu ku Rwanda bukomeje gufata indi ntera bwanagejeje aho ku wa Gatanu, umusirikare wa FARDC yinjira ku mupaka w’u Rwanda i Rubavu, akarasa abapolisi bari ku burinzi, babiri bagakomereka na bo mu kwirwanaho bakamurasa agapfa.
President Kagame today chaired a Cabinet Meeting. pic.twitter.com/bimFTPWBQh
— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) June 18, 2022
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!