Byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu ubwo yari agiye gufungura kugira ngo umugabo we yinjize imodoka.
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Nyamabuye, Nshimiyimana Jean Caude, yagize ati “Bari kumwe n’umugore we batashye noneho umugore ava mu modoka ajya gukingura urugi kugira ngo ayinjize asubira inyuma nibwo yabuze feri agonga inkingi, amatafari amugwaho.”
Yakomeje avuga ko uyu mugore bahise bamujyana ku bitaro bya Kabgayi ariko bahamugeza yamaze gushiramo umwuka.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!