Aya mafaranga yashyikirijwe Banki y’u Rwanda itsura amajyambere (BRD) ikurikirana iyi gahunda, byitezwe ko azabafasha imiryango 700 itishoboye yo mu Murenge wa Nyamuyaga mu Karere ka Gicumbi, kuva mu kizima.
Umuyobozi muri MTN Rwanda, Alain Numa, yavuze ko amashanyarazi ari ingenzi kuko agira uruhare "mu iterambere ry’imibereho myiza."
Yakomeje ati "Abanyeshuri bazajya babasha gusubira mu masomo mu masaha y’ijoro, ndetse ababyeyi bazabjya bakora imirimo yasabaga amashanyarazi."
Guverinoma y’u Rwanda yihaye gahunda ko kugeza mu 2024 abanyarwanda bose 100% bazaba bafite amashanyarazi.




TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!