Ibiganiro byabo byibanze ku bufatanye mu by’ingabo buri hagati y’u Rwanda na Botswana.
Nyuma yo guhura no kuganira, Minisitiri Kagiso Thomas Mmusi yavuze ko intego y’uruzinduko rwe ari ugushimangira umubano mu by’igisirikare uri hagati y’ibihugu byombi. Ati "Turi hano ngo tuganire ku mubano w’ibihugu byombi no kureba uko twawushimangira".

Maj Gen Albert Murasira yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Botswana, Hon Kagiso Thomas Mmusi

Maj Gen Albert Murasira yahaye impano mugenzi we wa Botswana, Hon Kagiso Thomas Mmusi


Ibiganiro byabo byibanze ku mubano w'ibihugu byombi n'uburyo bwo kuwagura
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!