By’umwihariko mu mujyi wa Kigali, abawutuye biganjemo abakiristu baramukiye mu nsengero basaba Imana kubana nabo muri uyu mwaka mushya, ukaba mwiza kurusha uwo basoje wa 2022.
Inyigisho zatanzwe zagarutse ku buntu bw’Imana, ibyo abakiristu basabwa ngo uyu mwaka mushya uzababere mwiza ndetse gusengera ibyifuzo byabo ngo Imana ibihe umugisha, bizabagendekere uko babyifuza.
IGIHE yatembereye mu nsengero zitandukanye mu mujyi wa Kigali, ifata amafoto agaragaza uko abawutuye batangiye umwaka biragiza Imana.
Uko byari byifashe kuri Paruwasi ya St Famille








Kuri Cathedrale Sainte Etienne mu Biryogo muri Angilikani


















Kuri Paruwasi ya Saint Michel



























ADEPR Chapelle Gitega




















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!