Igiciro gishya cya lisansi muri Kigali ntikigomba kurenga 987 Frw kuri Litiro, mu gihe igiciro cya mazutu muri uyu mujyi nacyo kitagomba kurenga 962 Frw kuri Litiro. Ibi biciro bishya biratangira kubahirizwa kuri uyu wa 7 Mutarama 2021.
Ni ibiciro biri hejuru ugereranyije nibyo RURA yaherukaga gushyiraho aho Litiro imwe yari 976Frw, mu gihe iya mazutu yari 923 Frw.
Uku guhinduka kw’ibiciro RURA yavuze ko bishingiye kwihindagurika ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli ku isoko mpuzamahanga.


TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!