Mu itangazo ryashyizwe hanze n’Urwego rwIgihugu rushinzwe Kugenzura Imikorere y’Inzego Zimwe z’Imirimo Ifitiye Igihugu Akamaro (RURA), havuzwe ko “Iri gabanuka ry’ibiciro rishingiye ahanini ku igabanuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli ku isoko mpuzamahanga.”
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda byaherukaga gutangazwa mu Ukuboza 2022, ubwo hagumishwagaho ibyari byashyizweho mu Ukwakira 2022.
Ibiciro bishya bizatangira kubahirizwa guhera kuri uyu wa Gatatu tariki 1 Gashyantare, bikazamara igihe cy’amezi abiri.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!