Mu itangazo iyi Minisiteri yasohoye kuri uyu wa 20 Nyakanga 2025, yatangaje ko ku itariki ya 1 Nyakanga ari umunsi w’ikiruhuko wo kwizihiza Umunsi w’Ubwigenge, na ho ku ya 4 Nyakanga ukaba Umunsi wo Kwibohora.
Yakomeje iti “Guverinoma yatanze ikiruhuko rusange no ku wa Gatatu, tariki ya 2 Nyakanga no ku wa Kane, tariki ya 3 Nyakanga 2025, akazi kazasubukurwa ku wa Mbere, tariki ya 7 Nyakanga 2025.”
Iyo Minisiteri yatangaje ko serivisi z’ingenzi zizakomeza gutangwa kugira mho ibikorwa bidahagarara. Iti “Turasabwa kwizihiza iyi minsi mikuru ikomeye mu buryo buboneye kandi butekanye.”
ITANGAZO / ANNOUNCEMENT pic.twitter.com/VEm0Xc7DoC
— Ministry of Public Service and Labour | Rwanda (@RwandaLabour) June 20, 2025
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!