Ku rundi ruhande, amatsiko ni yose ku gishobora kuzava mu biganiro by’ubuhuza bwatangijwe na Qatar, bigahuza Perezida Paul Kagame na Felix Tshisekedi.
Iby’intambara na M23 n’ubuhuza hagati y’u Rwanda na Congo bizarangira gute? Kurikira ikiganiro Indiba y’Ibivugwa usobanukirwe.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!