Umubare w’abamaze kwandura ni 5,213 naho abamaze gukira bose hamwe ni 4,953 naho . Abarwayi bashya bagaragaye bane ni abo muri Kigali mu gihe umwe ari uwo mu karere ka Rubavu.
Ibimenyetso bya Coronavirus birimo inkorora, ibicurane, guhumeka bigoranye n’umuriro. Yandura binyuze mu matembabuzi aturuka mu myanya y’ubuhumekero.
Abaturarwanda basabwa gukomeza kubahiriza amabwiriza ya Leta hitabwa cyane cyane ku gukaraba intoki kenshi n’amazi n’isabune cyangwa gukoresha alukoro yabugenewe, kwambara udupfukamunwa n’amazuru ahantu hose.
07.11.20 Amakuru Mashya | Update
*Kigali:4, Rubavu:1 pic.twitter.com/DSM2mm7PUn
— Ministry of Health | Rwanda (@RwandaHealth) November 7, 2020
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!