Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Zambia yatangaje ko umubiri wa Nyirenda wageze ku cyambu cya Rostov-on-Don mu Burusiya, aho biteganyijwe ko uzahava ujyanwa i Lusaka.
Uyu musore w’imyaka 23 yapfuye muri Nzeri uyu mwaka ariko byamenyekanye mu kwezi gushize.
Nyirenda yari yaragiye kwiga iby’ingufu za Nucleaire mu Burusiya gusa yaje gufungwa ashinjwa ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge.
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Zambia yabwiye Inteko Ishinga Amategeko ko Nyirenda yinjiye mu ngabo muri Kanama uyu mwaka, kugira ngo ahabwe imbabazi.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!