Izo mpinduka zije mu gihe muri uwo mutwe hari hatangiye gucikamo ibice bigatuma abaterankunga bawo bagabanyuka.
Urwego rushinzwe ubutasi rwa Somalia rubinyujije kuri Twitter, rwatangaje ko Abukar Adan ari we al Shabaab yashyizeho nk’umuyobozi w’ikirenga ngo asimbure Ubaidah.
Urwo rwego rwavuze ko hari harimo kutumvikana ku gice gishyigikiye Mahad Karate n’icya Ubaidah ku muntu wamusimbura.
Ntabwo hatangajwe uburwayi bwa Ubaidah.

Ubuyobozi bwa Al Shabaab bwahinduwe nyuma y'umwuka mubi wari uri muri uwo mutwe
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!