Uyu mugore wagejejwe imbere y’urukiko i Harare bicyekwa ko iki gikorwa yagikoze mu 2012 afatanyije n’abandi bantu babiriri aribo Gerald Pondai na Prosper Hove.
Bivugwa ko binjiye mu ikoranabuhanga ry’ikigo Zimdef, bagafata amafaranga asaga miliyoni 120 z’amadolari bakayohereza kuri konti zabo bwite.
Mwangi uri kuregwa kandi yasanzwe afite ikigo gitembereza ba mukerarugendo kandi afite Visa yo gusura, bisobanuye ko agifite mu buryo butemewe n’amategeko.
Guhera ku wa 28 Ukuboza 2022, kugeza ubu uyu mugore arafunzwe mu gihe hagitegerejwe ko yatanga ingwate.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!