Iyi ndege biravugwa ko yahushije inzira ubwo yari igiye kugwa ku kibuga cya Mweya giherereye muri pariki ikagonga bimwe mu bice byakorerwagamo n’abakozi.
Abagenzi bane ni bo bari bari muri iyo ndege nk’uko inkuru dukesha Chimpreports ibivuga, bakaba bavuyemo nta n’umwe ukomeretse nk’uko ubuyobozi bw’iyi sosiyete bwatanze amakuru.
Iyi mpanuka yabaye nyuma ya saa sita ku wa Gatandatu ndetse ibikorwa by’ingendo z’iyi sosoyete zirakomeje mu gihe hakomeje iperereza ry’icyateye iyi mpanuka.
TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!