Itangazo ryasohowe na UPDF rivuga ko Col. Magezi ari we wafashe umwanya w’umuvugizi w’agateganyo mu gihe umuvugizi wari usanzweho ari mu kiruhuko kizamara ukwezi.
Riti “Umuvugizi nyakuri Maj. Gen. Felix Kulayigye, ari mu kiruhuko kandi biteganyijwe ko azagaruka mu kazi nyuma y’iminsi 30. Abaturage n’itangazamakuru bazakomeza guhabwa amakuru uko bikenewe.”
UPDF yashimangiye ko ibiro bishinzwe itumanaho bizakomeza gukora kandi iyi nzibacyuho izanogera buri wese.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!