Usibye intara zizagabanuka kandi hari izindi mpinduka zigomba gukorwa nko kuba komine zigomba kuva kuri 119 zikagera kuri 42, zone zive kuri 399 zibe 447 naho mu gihe icyo umuntu yagereranya n’utugari two tuzava ku 2910 tube 3037.
Intara nshya zirimo Buranga, Umujyi wayo ni Makamba, izaba igizwe na komine zirindwi. Intara ya Butanyerera ifite umujyi wa Ngozi n’amakomine umunani. Intara ya Buhumuza ifite Umujyi wa Cankuzo na komine zirindwi.
Hari kandi Intara ya Bujumbura, umujyi wayo uzitwa Bujumbura izaba igizwe na komine 11 naho Intara ya Gitega izaba ifite komine icyenda.

TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!